Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...
Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, hagiye gutangizwa ku mugaragaro iserukiramuco rishya rya sinema ya gikirisitu ryiswe Christian International Film Festival Africa (CIFFA), rigamije...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, King Saha, yatangaje amagambo akomeye avuga ko ari we wagize uruhare rukomeye mu gusenyuka no kudindira kw’abahanzi bashyigikiwe na Leta,...
Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...