Nyuma y’amezi agera ku icumi yari amaze arangwa n’ihagarikwa ry’ingendo zo mu muhanda kubera intambara n’umutekano muke, ubwikorezi bwo mu muhanda uhuza imijyi ya...
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ibikorwa mu majyepfo (U.S. Southern Command) bwatangaje ko hatangijwe iperereza ryimbitse ku byabaye byari...
Muri iyi minsi, hari ikintu gisa n’icyabaye ikimenyetso cya Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni: ingofero. Abenshi bamubona ayambaye hafi ya hose, yaba ari...
Hari intambara umuntu yumva mu makuru akayifata nk’iri kure, akumva ari inkuru yo mu bindi bihugu. Ariko hari n’igihe iyo ntambara iguhindukira impamo, ikava...
Mu itangazo rikomeye ryashyizwe ahagaragara na Procureur Général w’Urukiko rw’Ikirenga (Cour de Cassation), ubuyobozi bw’ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwatangaje ko bufashe...