39.8 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsSHA

Tag: SHA

spot_img

Nduhungirehe ashinja ibihugu by’Iburengerazuba guhuma amaso ku bitero bya FARDC muri Minembwe

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye imyitwarire y’ibihugu bimwe by’Iburengerazuba, abishinja guceceka no kwirengagiza ku bushotoranyi n’ibitero byo mu kirere bikomeje...

Ndayishimiye araburira Afurika: Ibihugu byari bihamye biri mu bibazo bikomeye bitewe n’akababaro k’Urubyiruko rw’aba-Gen Z

  Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko ikibazo cy’imyigaragambyo n’imvururu bigaragara mu bihugu bimwe na bimwe bya Afurika kitakagombye gufatwa nk’ingaruka zisanzwe z’icyifuzo cy’impinduka...

Abaturage bahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma yo kubona ibyo Burundi buheruka gukangisha u Rwanda intambara buri gukorera hafi y’umupaka

Mu minsi ishize, umwuka mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda warakomeye, ubwo Leta y’u Burundi yatangiraga kohereza abasirikare benshi hamwe n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka...

Imbere y’Inama y’Umutekano ya Loni, MSF yamaganye ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifatwa nk’ibisanzwe mu Burasirazuba bwa RDC

Imbere y’Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, Umuryango wita ku buvuzi bwihutirwa, Médecins Sans Frontières (MSF), wagaragaje...

Inkuru Ibabaje: Bisi ya Trinity Ivuye i Kampala Ijya i Kigali Ikoze Impanuka Ikomeye Cyane Yahitanye Ubuzima Bwa Benshi

Haracyari agahinda n’akababaro kenshi mu miryango y’Abanyarwanda n’abandi bagenzi, nyuma y’impanuka ikomeye yakozwe na Bisi ya sosiyete itwara abagenzi ya Trinity, yavaga mu murwa...

Igihombo gikomeye cyane u Burundi bwagize nyuma y’ifatwa rya Uvira cyatumye bukangisha u Rwanda intambara yeruye

Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira n’ihuriro rya AFC/M23 ryabaye nk’inkuba ikubise u Burundi hagati mu nda. Si umutekano gusa wahungabanye, si icyubahiro cya gisirikare gusa...

Tshisekedi: “Nasanze FARDC ari igisirikare cyasenyutse, gifite abasirikare babayeho nabi”Aya magambo yongeye gukurura impaka

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, akomeje gutera impaka mu baturage n’abasesenguzi, nyuma yo gutangaza ko ubwo yafataga ubutegetsi yasanze...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img