33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsTshisekedi

Tag: Tshisekedi

spot_img

Kinshasa mu Bwoba Bwinshi Cyane Nyuma Yuko AFC/M23 Yungutse Amaboko Mashya, Intambara Yinjira mu Cyiciro Gishya

Mu gihe umutekano n’imiyoborere bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kujya mu mayobera, ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko riri kwinjira mu...

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Perezida Tshisekedi yarusimbutse: Uko umugambi wo kumuhirika ku butegetsi “wacuzwe n’abamurinda na AFC/M23” wavumbuwe utarageramugeraho

Umujyi wa Kinshasa ukomeje kugaragaramo umwuka ukomeye w’umutekano muke n’impungenge mu nzego za gisirikare, nyuma y’amakuru yemeza itabwa muri yombi rya Colonel Serge Makoko...

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

RDC: Iyicwa ry’umunyamakuru wa RTNC wishwe mu buryo bubabaje cyane ryateje urujijo ryongera kuzamura impungenge

Umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwisanga mu gahinda n’ubwoba nyuma y’urupfu rubabaje rw’umunyamakuru Thierry...

RDC mu rungabangabo: FARDC ishinja aba hafi ya Perezida Tshisekedi kuyobora no gushyigikira inyeshyamba zayiciye abasirikare batanu.

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gutangaza amagambo akomeye ashinja bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kugira uruhare...

RDC: Gen. Sylvain Ekenge yahagaritswe ku mirimo nyuma y’amagambo yazuye “Amategeko Icumi y’Abahutu”

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafashe icyemezo cyo guhagarika ku...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img