33.3 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsTshisekedi

Tag: Tshisekedi

spot_img

RDC Yanze Gusubira mu Biganiro by’Amahoro na AFC/M23: Impungenge ku Mutekano wa Kivu n’Ahazaza h’Akarere

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

RDC: Kuki Kwimurwa kwa Brig. Gen. John Tshibangu muri gereza gukomeje guteza impaka zikomeye ku butabera n’umutekano w’igihugu?

Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, politiki n’imiyoborere y’inzego zayo z’igisirikare, kwimurwa kwa Brigadier General John Tshibangu muri...

RDC: Perezida Tshisekedi yahishuye umutego ukomeye cyane yateze AFC/M23 mu mujyi wa Uvira

Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi ntera, amagambo atandukanye akomeje kuvugwa ku byabereye mu mujyi...

“Ntituzihanganira ko asubizwa inyuma”: Amerika yahishuye ibyo izakorera u Rwanda na RDC kugirango byubahirize amasezerano y’amahoro.

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kubangamirwa n’intambara zimaze imyaka myinshi, amagambo aherutse gutangazwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

U Burundi bwateuye ikindi gikorwa kidasanzwe cyo kwibasira u Rwanda

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuvugwa umwuka mubi wa politiki n’umutekano, aho amakuru aturuka mu Burundi aragaragaza ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwateguye imyigaragambyo...

Yatashye yimyiza imoso: Perezida Tshisekedi yimwwe ijambo mu nama idasanzwe mpuzamahana kubera amadeni ya Miliyoni 48$

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img