Amakuru aturuka mu nzego zitandukanye zizewe aravuga ko ku wa Gatandatu tariki ya 13 Ukuboza, abarwanyi ba Twirwaneho bafatanyije n’ihuriro rya AFC/M23 binjiye mu...
Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...