33.3 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsU Rwanda

Tag: U Rwanda

spot_img

Ingabo za FARDC zerekanye mw’itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekanye mu itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bivugwa ko bafatiwe ku rugamba mu bitero biherutse mu burasirazuba bwa...

“Baransambanyije ngo bumve uko Umututsi amera”: Ubuhamya buteye intimba bw’umubyeyi wasambanyijwe n’abarenga 100 akanduzwa Sida akanapfakazwa na FDLR na FARDC

Mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje guhakana cyangwa kugabanya uburemere bw’urwango n’ihohoterwa rikorerwa Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda, cyane cyane Abatutsi,...

RDC yahawe umwanya muri Loni uyihesha ububasha bwo kwitambika u Rwanda mu kohereza ingabo zo kubungabunga amahoro, no kurufatira ibihano bikakaye?

Ku wa Kane tariki ya 1 Mutarama 2025, ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye (Loni) i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Israel Mbonyi: Iyo numvaga ngeze ku musozo, kuririmba mu Giswahili byansubije imbaraga n’icyerekezo gishya

    Israel Mbonyi, umwe mu bahanzi bakomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda no mu Karere, yatangaje ko hari igihe cyageze yumva...

AFC/M23 Yasubije RDC ku Birego Ishinja Ingabo z’u Rwanda Kwica Abarenga 1,500 muri Kivu y’Amajyepfo Inatanga Impuruza Zikomeye Cyane

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryateye utwatsi ibirego bya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bishinja Ingabo z’u Rwanda kugira uruhare mu...

U Burundi Bwemeje ko Ingabo Zabwo Zikiri muri RDC, Amakuru Mashya Agaragaza Imigambi Mibisha mu Burasirazuba bwa Congo

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi ryemeje ku mugaragaro ko iki gihugu kitaracyura ingabo zacyo zoherejwe kurwana mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Ndayishimiye Yahaye u Rwanda Bonane, Umubano w’Ibihugu Byombi Ukomeza Kujya Mu Manga

Ijambo Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yagejeje ku Barundi mu gusoza umwaka wa 2025 rikomeje guteza impaka n’impungenge mu karere, nyuma yo kongera kwibasira...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img