Perezida Félix Tshisekedi yagejeje ijambo ku Banye-Congo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Ukuboza 2025, agaragaza uko umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu wakomeje kuzamba...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda byasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gufatanya mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228 z’amadolari y’Amerika. Aya...
Nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amahoro yo muri Washington hagati ya RDC n’u Rwanda, yabaye kuri uyu wa Kana tariki ya 04 Ukuboza 2025, Minisitiri w’Ububanyi...