39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsUbutegetsi

Tag: Ubutegetsi

spot_img

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Perezida Tshisekedi yarusimbutse: Uko umugambi wo kumuhirika ku butegetsi “wacuzwe n’abamurinda na AFC/M23” wavumbuwe utarageramugeraho

Umujyi wa Kinshasa ukomeje kugaragaramo umwuka ukomeye w’umutekano muke n’impungenge mu nzego za gisirikare, nyuma y’amakuru yemeza itabwa muri yombi rya Colonel Serge Makoko...

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

RDC: Iyicwa ry’umunyamakuru wa RTNC wishwe mu buryo bubabaje cyane ryateje urujijo ryongera kuzamura impungenge

Umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwisanga mu gahinda n’ubwoba nyuma y’urupfu rubabaje rw’umunyamakuru Thierry...

RDC: Gen. Sylvain Ekenge yahagaritswe ku mirimo nyuma y’amagambo yazuye “Amategeko Icumi y’Abahutu”

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafashe icyemezo cyo guhagarika ku...

Burundi: Iyimurwa rya Gen. Alain Guillaume Bunyoni mu bitaro rikomeje guteza urujijo n’impungenge zikomeye

Amakuru akomeje guturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Général Alain Guillaume Bunyoni, yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kira i...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img