33.3 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsUbuzima

Tag: Ubuzima

spot_img

Yampano mu bihe bikomeye, aciye amarenga ku iherezo ry’umubano we, nyuma y’andi mashusho yagize hanze

  Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we, umuhanzi Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi...

Urubanza ruzahindura amateka: uko Bunyoni yabaye ikigeragezo cy’ubutegetsi bwa Ndayishimiye nyuma yuko hamenyekanye umugambi mubisha amufitiye

Ifungwa, kuburanishwa no gukatirwa igifungo cya burundu kwa Alain-Guillaume Bunyoni, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, birakomeje guteza impaka zikomeye, haba imbere mu gihugu...

Perezida Tshisekedi yakomoje ku magambo rutwitsi ya Gén. Sylvain Ekenge, atanga itegeko ridasanzwe, AFC/M23 ishinja Leta ibirego bishya.

Mu gihe umutekano n’imibanire y’Abanye-Congo bikomeje guhungabanywa n’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida Félix Antoine Tshisekedi yafashe icyemezo...

RDC: FARDC Yibutse Général Mamadou Mustafa Ndala, Imushyira mu Ntwari Zitazibagirana z’Igihugu

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zahaye icyubahiro gikomeye kuri Général Mamadou Mustafa Ndala, zimushimira uruhare rudasanzwe yagize mu mateka...

Israel Mbonyi: Iyo numvaga ngeze ku musozo, kuririmba mu Giswahili byansubije imbaraga n’icyerekezo gishya

    Israel Mbonyi, umwe mu bahanzi bakomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda no mu Karere, yatangaje ko hari igihe cyageze yumva...

RDC: Abantu Barenga 30 Barimo n’Abasirikare Bishwe mu Gitero cy’Iterabwoba, Abasivili Baraswa na Drones za FARDC.

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’urugomo n’amarira, mu gihe abaturage bakomeje kwicwa n’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro n’ibikorwa bya gisirikare...

RDC: Imirwano ikaze irakomeje nyuma y’uko AFC/M23 icengeye bwa mbere mu ndiri za FDLR zafatwaga nk’inkingi ikomeye y’uyu mutwe

Imirwano ikomeye irakomeje mu bice bitandukanye bya Gurupoma ya Bukombo, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru, aho ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img