25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsUmuryango mpuzamahanga

Tag: Umuryango mpuzamahanga

spot_img

“Baransambanyije ngo bumve uko Umututsi amera”: Ubuhamya buteye intimba bw’umubyeyi wasambanyijwe n’abarenga 100 akanduzwa Sida akanapfakazwa na FDLR na FARDC

Mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje guhakana cyangwa kugabanya uburemere bw’urwango n’ihohoterwa rikorerwa Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda, cyane cyane Abatutsi,...

RDC: Abantu Barenga 30 Barimo n’Abasirikare Bishwe mu Gitero cy’Iterabwoba, Abasivili Baraswa na Drones za FARDC.

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’urugomo n’amarira, mu gihe abaturage bakomeje kwicwa n’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro n’ibikorwa bya gisirikare...

AFC/M23 Yasubije RDC ku Birego Ishinja Ingabo z’u Rwanda Kwica Abarenga 1,500 muri Kivu y’Amajyepfo Inatanga Impuruza Zikomeye Cyane

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryateye utwatsi ibirego bya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bishinja Ingabo z’u Rwanda kugira uruhare mu...

Kera Kabaye Amerika Nayo Yateye Intambwe mu Kibazo cya Somalia na Israel: Uruhuri rw’Ibibazo Bishya mu Ihembe ry’Afurika n’Inyanja Itukura

Mu minsi ishize, Repubulika ya Somaliland yongeye kwinjira mu ruhando rw’ibiganiro bikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’ibikorwa bikurikiranye byafashwe nk’impinduka zikomeye mu mateka yayo...

AFC/M23 Ishinja Kinshasa Guhindura Amasezerano ya Doha Intwaro yo Kwiyubaka no Gukomeza Intambara

Mu gihe icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kugaragara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko Leta...

Uvira: Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje gufata indi ntera.

Imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo yakomeje gufata indi ntera mu bice...

RDC: Gen. Sylvain Ekenge yahagaritswe ku mirimo nyuma y’amagambo yazuye “Amategeko Icumi y’Abahutu”

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafashe icyemezo cyo guhagarika ku...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img