Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...
Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje agahinda n’akababaro yatewe n’urupfu rw’inshuti ebyiri z’icyamamare mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, zapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabaye...
Icyamamare mu muziki wa Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu itunganya umuziki ya Mavin Records, Don Jazzy, yongeye kwibazwaho cyane nyuma y’ikiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, aho...
Umunyapolitiki n’umusesenguzi w’imibereho y’abantu muri Uganda, Frank Gashumba, yatunguye benshi nyuma yo gutanga ibitekerezo bye ku bijyanye no konsa abana, aho yashimangiye ko umwana...