30 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsUvira

Tag: Uvira

spot_img

Perezida Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro ariko rwitegura no kurinda umutekano warwo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo u Rwanda rushaka amahoro kandi rukomeje kuyaharanira, rukwiye no kwitegura mu gihe hagaragara ibindi...

Lubero: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye abasirikare babiri ba FARDC ibyaha by’ubwicanyi no gufata ku ngufu umwana

  Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo rwahamije abasirikare babiri ba FARDC ibyaha bikomeye birimo kwica umukuru wabo ndetse no gufata ku ngufu umwana w’imyaka 14,...

U Rwanda rwahakanye ibyo kurasa RDC Nduhungirehe abaza impamvu abaturage bahungiye Bugarama

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahakanye byeruye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bivuga ko u Rwanda rwarashe ku butaka bwayo...

Igitutu cy’Ibihugu bikomeye ku Isi byihanangirije M23 na RDF bisaba ko imirwano ihita ihagarara vuba na bwangu

  Ibihugu bikomeye ku Isi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza, u Buholandi, Suwede, u Busuwisi na Danemark,hamwe...

Minembwe twaraye tutasinziriye kubera ibyishimo_ Abanyamulenge bishimiye ifatwa ry’ Umujyi wa UVIRA wamaze kugera mu maboko ya M23

  Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img