39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsWalikale

Tag: Walikale

spot_img

RDC: Imirwano ikaze irakomeje nyuma y’uko AFC/M23 icengeye bwa mbere mu ndiri za FDLR zafatwaga nk’inkingi ikomeye y’uyu mutwe

Imirwano ikomeye irakomeje mu bice bitandukanye bya Gurupoma ya Bukombo, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru, aho ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riri...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Walikale ikomeje kuba indiri y’Iterabwoba: Abaturage baratabaza AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeje bya FARDC, FDLR na Wazalendo

Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...

RDC: Abaturage Bategetswe Gutanga ku Ngufu Amatungo yo Kurya kuri Noheli n’Ubunani Utabikoze agahanwa by’intangarugero

Mu gihe imiryango myinshi ku Isi iba yitegura kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani mu byishimo n’umutekano, abaturage bo mu gace ka Kisimba, muri...

FDLR yaciye amarenga yo kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda. Kuyobya uburari n’ubwicanyi bukomeje gukorerwa muri Kivu?

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kwibasirwa n’umutekano mucye n’intambara z’urudaca zimaze imyaka myinshi zihitana ubuzima bw’abaturage b’inzirakarengane, umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye kugaruka...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img