24 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsWashington

Tag: Washington

spot_img

Kera Kabaye Amerika Nayo Yateye Intambwe mu Kibazo cya Somalia na Israel: Uruhuri rw’Ibibazo Bishya mu Ihembe ry’Afurika n’Inyanja Itukura

Mu minsi ishize, Repubulika ya Somaliland yongeye kwinjira mu ruhando rw’ibiganiro bikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’ibikorwa bikurikiranye byafashwe nk’impinduka zikomeye mu mateka yayo...

AFC/M23 Yashinje Kinshasa Gusenya Amasezerano ya Doha, Itangaza ko RDC Igiye Kwinjira mu Icyiciro Gishya Cy’Akaga

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kuboneka mu biganiro bya politiki byabereye i Doha muri Qatar cyasenywe n’imyitwarire ya...

AFC/M23 Ishinja Kinshasa Guhindura Amasezerano ya Doha Intwaro yo Kwiyubaka no Gukomeza Intambara

Mu gihe icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kugaragara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko Leta...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

Ubutunzi bwa RDC mu Marembera: Kiliziya Gatolika ntiyumva ukuntu Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Mu gihe Abakirisitu Gatolika bateraniye mu misa ibanziriza Noheli, i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga, Umuyobozi w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Kuki Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitemera ko ihuriro rya AFC/M23 ryavuye burundu mu mujyi wa Uvira? 

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zitemera ko ihuriro rya AFC/M23 ryavuye burundu mu mujyi wa Uvira, uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img