33.3 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsWazalendo

Tag: Wazalendo

spot_img

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda,...

U Rwanda ruranenga umuryango mpuzamahanga kwirengagiza umutekano warwo n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge

  U Rwanda rwanenze umuryango mpuzamahanga ku kuba utarigeze witaho impungenge z’umutekano w’u Rwanda, zirimo iterabwoba rikomeje guterwa n’umutwe wa FDLR n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge batuye...

Byongeye byadogereye FARDC na Wazalendo bongeye gukozanyaho , muri Kivu y’ Amajyepfo,abasaga 30 babigenderamo

    Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zongeranye imbaraga n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo mu...

Amakuru mashya: Iby’igitero cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira.

Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.   Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?  Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...

Uvira: Ingabo z’u Burundi Zasubiye Iwabo Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23, Abaturage bakomoza ku mpinduka zikomeye

Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko wigaruriwe na AFC/M23 ikanashyiraho inzego nshya z’umutekano ukomeje kugaragaramo impinduka mu buzima bw’abaturage bawutuye.  Colonel Willy...

U Rwanda rwahakanye ibyo kurasa RDC Nduhungirehe abaza impamvu abaturage bahungiye Bugarama

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahakanye byeruye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bivuga ko u Rwanda rwarashe ku butaka bwayo...

Minembwe twaraye tutasinziriye kubera ibyishimo_ Abanyamulenge bishimiye ifatwa ry’ Umujyi wa UVIRA wamaze kugera mu maboko ya M23

  Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img