39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruUmugeni yatse gatanya hashize umunsi umwe nyuma kumudubika muri keke

Umugeni yatse gatanya hashize umunsi umwe nyuma kumudubika muri keke

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...
spot_imgspot_img

Umugeni yababajwe nibyo umukunzi we yamukoreye k’umunsi w’ubukwe bwe kandi yari yaramwihanangirije maze afata umwanzuro ntiyabyihanganira , haciyeho umunsi umwe bakoze ubukwe ahita yaka gatanya .

Bari gutegura ubukwe , umugeni yasabye umugabo we ko atifuza kurya keke muruhame ko abyanga maze umugabo k’umunsi w’ubukwe bwabo atwarwa n’amarangamutima aho kuyimurisha ayimusiga mu gahanga , yirengagije ibyo namubwiye maze anturuka inyuma acurika umutwe wange muri keke.Keke  yari ipfuye ubwo hasigaye amahirwe amwe ni ukuvuga guha abantu keke nto ziba ziri kuruhande cyane ko zari nyinshi.

Umugeni n’agahinda kenshi yafashwe n’uburakari maze bageze imuhira amusezeranya ko bagomba gutana ko atakwihanganira imico ye no kutita kubantu .Abagize umuryango n’incuti zahafi bamusabye ko yamuha andi mahirwe ya kabiri akisubiraho , bambwirako tubaye dutandukanye naba mpubutse.

Abantu benshi banyuze kumbugankoranyambaga bagiriye uyu mugeni inama ko ibyo ari gukora ariyo bamwe bati :”yego abantu dukora amakosa kandi ntago bisaba ahantu cyangwa ikintu twakoreye umukunzi wacu ariko kugaragaza ibikorwa nka biriya k’umunsi w’ubukwe ni ukugukoza isoni no kutaguha agaciro.”

Abandi bati :”ahubwo umubonye hakiri kare ikigaragara nuko ari umunyamwaga kuburyo yanakwicira munzu rwose inama wigiriye niyo .”

Latest stories

spot_img