25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruUmugore uvuga ko abana n’abagabo babiri avuga ko hari icyo arusha abandi...

Umugore uvuga ko abana n’abagabo babiri avuga ko hari icyo arusha abandi bagore

Date:

Related stories

“Abatutsi Baremewe Kwicwa?”: Ubutumwa bukomeye bwa Obadioas Kavune ku mahanga n’imiryango mpuzamahanga.

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.  Obadioas Kavune, umunyabwenge n’Umunyamulenge uzwiho kugaragaza ibitekerezo byimbitse ku mateka n’akarengane karanze ubuzima bw’Abatutsi bo muri Congo, yatanze ubutumwa bukomeye abinyujije kuri MCN, abugenera amahanga n’imiryango mpuzamahanga.  Mu magambo arimo intimba n’uburakari, Kavune yabajije ikibazo gikomeye gikomeje kwibazwa na benshi: “Ese Abatutsi bo muri Congo baremewe gupfa?” Iki kibazo ntiyagitanze nk’ikirimo amarangamutima gusa, ahubwo yagishingiye ku mateka maremare y’ubwicanyi, itotezwa n’ihohoterwa byagiye bikorwa ku Batutsi mu bihe bitandukanye, amahanga akenshi akabirebera cyangwa akabyirengagiza.  Kavune yagaragaje ko mu gihe isi ikomeza kwigira umuvugizi w’uburenganzira bwa muntu, hari abaturage bamwe bagaragaye nk’abadakorwaho, naho abandi bakemererwa gupfa ntawe ubavugiye. Yavuze ko guceceka kw’amahanga ku bikorerwa Abatutsi bo muri Congo atari impanuka, ahubwo ari ihitamo rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu.  Agaruka ku mateka ya kera, Kavune yibukije ko mu 1964, mu mvururu zari ziyobowe na Pierre...

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme...

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...
spot_imgspot_img

Francine Jisele ni umubyeyi w’abana babiri ukomoka muri Kongo atangaza ko ari murukundo n’abagabo babiri kandi babanye neza kurusha abanda bantu basanzwe Babana n’umugabo umwe; Umugabo we wa mbere yitwa Remi Murula naho uwa kabiri akitwa Jarlace Murula , yavuye imuhira kugirango ashake imibereho kuko aba bombi bari bafitanye abana babiri , ariko Jisele ntago yemeye kumutegereza igihe cyose azagarukira ahubwo yahise abana n’undi mugabo , Nyuma y’umwaka nibwo Murula yagarutse imuhira atungurwa no gusanga umugore we abana n’undi mugabo .

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Mu mizo yambere byabanje kumubabaza ndetse atumva ukuntu babana bose munzu imwe, ariko uko iminsi yaciyeho yaje kwisanga bose babana kandi nta makimbirane bafitanye.

Mu kiganiro n’igitangazamakuru gikorera kuri murandasi Afrimax mururumi rw’icyongereza , Jisele yagize ati :”Kuberako ubuzima butari bworoshywe umugabo wange yagiye gushakisha ubuzima , ariko yamaze imyaka itatu yose ataragaruka , maze nibwira ko hari icyamubayeho , cyangwa ko atazagaruka kuko nta makuru ye nongeye kubona nibwo nahuye n’undi mugabo maze twemeranya kubana , haciye umwaka nibwo umugabo wange wa mbere yagarutse ariko kuko bose mbakunda ntanumwe nigize nifuza gutakaza niyo mpamvu nabasabye bose kugumana nange kandi nabo barankundiye babana mu mahoro, kandi igishimishije nuko bose bafata abana bange neza nange meze nk’umwamikazi.”

Muri uru rugendo rw’urukundo rw’aba bagabo bombi, Jisele agira ikibazo kimwe yumva kimubangangamiye, kuriwe yifuza ko buri mugabo yagira inzu ye maze akajya afata igihe kimwe cyo kumarana na buri umwe ariko babyumvikanye ho.

Jisele avuga ko bimugora gusangira ubusaswa n’abagabo babiri, akomeza avuga ko atagira umwanya nk’umugore wo kwitekerezaho, bityo kuriwe buri wese afite inzu ye byaborohera bombi.

Latest stories

spot_img