39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruVera Sidika yasubije wa musore w’umuyarwanda wamwandikiye imitoma

Vera Sidika yasubije wa musore w’umuyarwanda wamwandikiye imitoma

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...
spot_imgspot_img

Vera Sidika Mung’asia umugore w’imyaka 34 , wamenyekanye muri filimi z’uruhererekane zica kuri televiziyo yo mu gihugu cya Kenya mu mwaka 2015 , mu mujyi wa nayirobi , ni umunyamideri , akaba azwi nk’umwe mu bagore b’ikimero bakunzwe mu bihugu by’afurika .

Vera Sidika azwi kandi nk’umugore ukunda guhaha ibigezweho ndetse no kubaho mu buzima bworoshye , aho ashobora kujyana n’abana be mu kiruhuko muri Dubai  agahaha maze agakoresha amafaranga asaga miliyoni 1 n’ibihumbi Magana abiri yo muri Kenya  , sibyo gusa kuko iyo atumije isakoshi ndetse n’ama rinette (lunette ) arinda izuba akoresha asaga miliyoni 1 n’ibihumbi Magana abiri y’amafaranga akoreshwa muri Kenya .

Vera Sidika akaba yaratangaje ko yabaswe no kugura ibintu bihenze no kujya mu masoko yihagazeho .Tuvuze Vera wibaza byinshi kuki tuvuze ubuzima bwe bwiza kandi buhenze , reka tumare amatsiko .

Ibi byose biraganisha ku baruwa yandikiwe n’umunyarwanda wamubwiye imitoma , amutagagiza amwereka ko yatwawe n’ubwiza bw’uyu mubyeyi maze nawe atazuyaje amwemerera kuzaza mu Rwanda maze bagahura bakaganira .

Uyu musore utaratangaje izina yagize ati :”Mukunzi iyo uvuga uvuga nk’umwamikazi wambaye ikamba , ugenda nk’akarabo kakiraba , umubiri wawe worohereye nk’uwumwana , nubwo nkomeza kwirengagiza amarangamutima yange nkayakomeza ariko iyo nkurebye unyica mu ntekerezo.”

Vera akimara kubona ubu butumwa nawe ntiyazuyaje maze arandika ati :” mbega amagambo meza , ngiye gushakisha uyu mugabo … ningaruka muri Kenya nzamusohokana maze dusangire ibi by’abakundanye ibyo bita mu ndimi z’abamahanga (date)”.

Latest stories

spot_img