18.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruWa mugabo wavukanye ibitsina 2 yasobanuye byinshi

Wa mugabo wavukanye ibitsina 2 yasobanuye byinshi

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika utwara amakamyo yasobanuye ko yavukanye ibitsina bibiri kandi bikora neza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Uyu mugabo uzwi ku izina rya Tank asobanura ko hari ubwo abantu bagiye gukorana imibonano mpuzabitsina bagorwa nabyo ariko hakaba n’abandi barushaho kuryoherwa kubera ko ashobora kubikoresha byombi mu bihe bitandukanye. Ni ukuvuga ko mu gihe kimwe gicitse intege ashobora guhita akoresha ikindi.

Ubusanzwe ubu ni uburwayi buzwi nka diphallia, aho umuntu w’igitsina gabo avukana ibitsina bibiri ariko ntabwo benshi bikunze kubahira ko byose bikora.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima muri Amerika kigaragaraza ko iki kibazo gifitwe n’abagabo n’abahungu 1000 muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.

Uyu mugabo wo muri Amerika ariko avuga ko bitewe n’uko hari abo bakoranaga imibonano mpuzabitsina bakababara cyane, byatumye yibagishaho igitsina kimwe.

Ibi yabigarutseho mu Kiganiro n’Umunyamakuru ko kuri shene ya YouTube ya Soft White Underbelly, aho yasobanuye byinshi ku buzima bwe birimo uko yafunzwe ku myaka 12 azira kwica umuntu ndetse n’uko yagejeje ku myaka 24 atarakora imibonano mpuzabitsina.

Yavuze ko ubwo yatangiraga gukora imibonano mpuzabitsina abagore batizeraga ibyo ababwira by’uko afite ibitsina bibiri.

Ati “Abagore ntabwo babyemeraga ko mfite ibitsina bibiri, ariko nabajyanaga mu cyumba bakabyibonera.”

Uyu mugabo ariko yasobanuye ko hari ingaruka byamugiragaho kuko hari ubwo yashoboraga kurangiza mu bitsina byombi kandi icyarimwe nyamara ari kimwe gusa cyakoreshwaga mu gikorwa.

Uyu mugabo yageze ubwo afata icyemezo cyo kwibagisha igitsina kimwe bagikuraho gusa avuga ko atari we wenyine wavukanye ibintu bidasanzwe mu muryango we kuko na Nyirarume yari yaravukanye ibitsina bibiri.

Latest stories

spot_img