27.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruWa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Wa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Nyuma yuko bamwe bakomeje kwibaza byinshi ku rugo rwa Platini P n’umugore we, kuri ubu yaje gusiba amwe mu mafoto amugaragaza ndetse naho batangira ubutumwa arahafunga bituma benshi bakomeza kwibaza ku hazaza he n’umuryango we.

Umugore wa Platini ndetse na Platini ubwe kugeza ntabwo bari bagira icyo bavuga ku makuru y’uko umwana babyaranye bivugwa ko atari uwa Platini P ahubwo ari uwundi musore wabyigambye.

Platini P, yakoze ubukwe budasanzwe ndetse agaragaza kwita ku mwana cyane mu buryo budasanzwe gusa abantu benshi bo mu myidagaduro Nyarwanda bacika ururondogoro bibaza ubugome bw’uyu mugore.

Kugeza ubu nubwo uyu mugore hari ibyo ataravuga ariko ari kujya agaragaza abimenyetso dore ko byagaragaye ubwo yasibaga amwe mu mafoto ye ndetse nahamwe mu hatangirwa ibitekerezo akahafunga.

Olivia umugore wa Platini P yamenyekanye cyane nyuma y’aho bakoreye ubukwe bwari budasanzwe.

Hashize igihe gito uyu mugore we, ashyize hanze amashusho y’uyu mwana we ari mu ndirimbo bime amatwi bazavuga baruhe ya Lolilo.

Wa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here