18.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruWa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Wa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Nyuma yuko bamwe bakomeje kwibaza byinshi ku rugo rwa Platini P n’umugore we, kuri ubu yaje gusiba amwe mu mafoto amugaragaza ndetse naho batangira ubutumwa arahafunga bituma benshi bakomeza kwibaza ku hazaza he n’umuryango we.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Umugore wa Platini ndetse na Platini ubwe kugeza ntabwo bari bagira icyo bavuga ku makuru y’uko umwana babyaranye bivugwa ko atari uwa Platini P ahubwo ari uwundi musore wabyigambye.

Platini P, yakoze ubukwe budasanzwe ndetse agaragaza kwita ku mwana cyane mu buryo budasanzwe gusa abantu benshi bo mu myidagaduro Nyarwanda bacika ururondogoro bibaza ubugome bw’uyu mugore.

Kugeza ubu nubwo uyu mugore hari ibyo ataravuga ariko ari kujya agaragaza abimenyetso dore ko byagaragaye ubwo yasibaga amwe mu mafoto ye ndetse nahamwe mu hatangirwa ibitekerezo akahafunga.

Olivia umugore wa Platini P yamenyekanye cyane nyuma y’aho bakoreye ubukwe bwari budasanzwe.

Hashize igihe gito uyu mugore we, ashyize hanze amashusho y’uyu mwana we ari mu ndirimbo bime amatwi bazavuga baruhe ya Lolilo.

Wa mugore wa Platini yongeye kuvugisha benshi nyuma y’igikorwa kidasanzwe yakoze

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here