25.7 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeImyidagaduroNairobi: Igitaramo cya Iwacu2night ntabwo kizaba kuri Bonane

Nairobi: Igitaramo cya Iwacu2night ntabwo kizaba kuri Bonane

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Igitaramo cya Iwacu2night ntabwo kizaba mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere Nkuko byatangajwe na Steven uri mubagitegura ngo kumpamvu z’uko mugenzi we Espoir hari ibyo ahugiyemo.

Iwacu2night n’igitaramo kigamije guhuza ibyamamare nyamulenge biri mubisata bitandukanye hagamijwe kubahuza n’abafana babo maze bakaganira imbona nkubone.

Igitaramo cyaherukaga cyabaye tariki ya 01 Ukuboza 2023 kandi cyitabiriwe neza cyane Nkuko abakigiyemo bose babyivugiye.

Ku murongo wa telephone umunyamakuru wa corridorreport.com uri i Nairobi yaganiriye na Muvunyi Steven amubaza niba iki gitaramo cyizakomeza kuba ngaruka kwezi cyangwa se kikaba cyarahageze maze amusubiza agira ati:

“Kubera gahunda mugenzi wanjye arimo, byabaye ngombwa ko tubanza kubisoza! Ariko igitaramo ni buri kwezi.”

Ushingiye kuri aya magambo ndetse ukareba naho amatariki ageze, wahita wanzura ko iki gitaramo mu kwezi kwa mbere nyine ntagihari. Reka dutegereze mu kwezi kwa kabiri.

Reba hano amwe mubafoto agaragaza uko igitaramo cyagenze ubushize

 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here