35.9 C
Africa
Vrydag, April 24, 2026
HomePolitikeRD-CONGO: CENI  yashyize hanze gahunda izagenderwaho hatangazwa amajwi y’ibyavuye mu matora

RD-CONGO: CENI  yashyize hanze gahunda izagenderwaho hatangazwa amajwi y’ibyavuye mu matora

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Tariki 31 Ukuboza 2023 ku isaha ya saa munani z’amanywa I Kinshasa nibwo CENI izatangaza amajwi y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye tariki ya 20 Ukuboza 2023.

Mu itangazo Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI) yashyize hanze rivuga ko; Gahunda z’umuhango wo gufungura ibikorwa byo gutangaza amajwi y’agateganyo izatangira igihe cyi saa munani (14h) z’Amanywa, ku masaha ya Kinshasa.

Kikaba kizatangizwa n’indirimbo y’ubahiriza igihugu (Hymne national).”

  • Perezida wa Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI), Denis Kadima, azakurikiraho, ahite atangaza amajwi.
  • Nyuma hazakurikira kandi indirimbo y’igihugu, haze umwanya wo gufata amaphoto n’ibindi bijanye no kwiphotoza.

Ibi bikorwa byose bikaba bizamara isaha imwe gusa.

Perezida wa Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI), Denis Kadima

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here