23.9 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAndi makuruBurundi: Abapolisi barataka Inzara ndetse bamwe batangiye kukivamo

Burundi: Abapolisi barataka Inzara ndetse bamwe batangiye kukivamo

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu Burundi haravuga ikibazo cy’Inzara muri Polisi y’igihugu, cyane cyane mu bapolisi bakorera mu ntara ya Makamba mu majyepfo y’iki gihugu.

Amakuru yizewe akomeje kugera kuri CorridorReports; avuga ko bamwe muri aba bapolisi batangiye ku kivamo bitewe n’uko batagaburirwa neza.

Aya makuru yatangiye gucicikana kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 aho Abapolisi bo muri Commune Nyanza-lac, mu Ntara ya Makamba bagumutse, kubera kudafatwa neza na leta y’u Burundi.

Ibitangazamakuru by’I Burundi dukesha iyi nkuru byavuze ko abapolisi bahabwa ibishyimbo byaboze ndetse n’ifu y’ibigori bakunze gufata ikaba ibageraho ishaje.

Aba bapolisi kugeza ubu bagiriza abayobozi bababo kubahemukira banyaga amafunguro bagenewe gufata, abo bapolisi bavuga ko kuva mu kwezi kwa 2/2024, batarigera bahabwa ifu nzima ko hubwo bahabwa ibyangiritse, ndetse ko nibishyimbo aruko bahabwa ibyaboze.

Iki gipolisi cy’i Nyanza-lac, ki kavuga ko ibyo byose bishinjwa Lt. Col. Nkunzimana Claude, ubayoboye, ko ariwe uhora abahemukira akiba ibyo bagenewe.

Burundi: Abapolisi barataka Inzara ndetse bamwe batangiye kukivamo
Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here