26.5 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAndi makuruUmukozi wo mu rugo yashenguye benshi kubera ibikorwa by’ubunyamaswa yakoreye umwana muto...

Umukozi wo mu rugo yashenguye benshi kubera ibikorwa by’ubunyamaswa yakoreye umwana muto yasigiwe ngo amurere

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umukobwa bivugwa ko ashobora kuba ari umukozi, ari gukubita umwana yasigiwe ngo amurere. 

Uyi mukobwa yakubitaga umwana nta mpuhwe amufitiye, akamukubita inkoni bakoropesha izwi nka rakirete, ndetse akamurambika hasi akamukandagira ku nda. 

Aya mashusho agaragara nkaho yafatwaga n’umuturanyi w’uru rugo, ndetse byagaragaraga ko umwana ari mu kigero cy’umwaka umwe n’ibiri. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here