29.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026
HomeAndi makuruUmukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wo...

Umukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wo mu rugo, ahishura icyo yamukundiye uwo bari bagiye kurushinga adafite

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Umukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wozaga ubwiherero bw’iwabo,  gusa nubwo yasebeje ababyeyi yavuze ikintu yakundiye uwo mukozi uwo bari bagiye gushakana adafite  

Umukobwa witwa Elizabeth wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo, ubukwe bwe bwapfuye nyuma yo kuvumburwa ko atwite inda y’umukozi w’iwabo.  

Uyu mukobwa yari asigaje ukwezi kumwe gusa kugirango ubukwe bwe n’umukunzi we bube, gusa basanze afite inda y’ukwezi yenda kuzuza amezi abiri.  

Ubwo ababyeyi b’uyu mukobwa babimenyaga bagize ngo inda ni iy’umusore bagiye gukora ubukwe, nibwo umuvandimwe w’uyu mukobwa yahamagaraga umusore, abimubajije yumva umusore aratunguwe, umusore avuga ko ntabyo azi niba Elizabeth atwite.  

Umusore bamubwiye ko inda ifite ukwezi kumwe hafi abiri, umusore yababwiye ko aheruka kuryamana na Elizabeth mu mezi 4 ashize.   

Ati “gusa muri iyi minsi yazaga kunsura cyane ariko kuko nabaga naniwe cyane simwemerere ko hari icyo dukora”.  

Umusore akibimenya yahise abwira Elizabeth ko ubukwe bwabo buhagaze igitaraganya ndetse ntazongere kumutekereza.  

Ababyeyi b’uyu mukobwa bishwe n’agahinda cyane bakomeza kujya bamubaza uwamuteye inda, yanze kumuvuga gusa nyuma ubwo bari bamurembeje yaje gucikwa avuga izina ry’umukozi ujya uza iwabo kubatunganyiriza ubwiherero.  

Uyu mukobwa mu marira menshi yavuze ko uwo musore ari mwiza kandi azi gutera story akaba ariyo mpamvu amukunda kurusha uwo wundi kuko we ntabyo azi. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here