22.1 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomeImyidagaduroNtaguca ku ruhande Anita Pendo yavuze umugabo ahora asengera yifuza ko bazabana

Ntaguca ku ruhande Anita Pendo yavuze umugabo ahora asengera yifuza ko bazabana

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Anita Pendo umubyeyi w’abana babiri b’abahungu, ni umwe mu bakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, ndetse bamwe bamusaba gushaka undi mugabo. 

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, umunyamakuru yagarutse kuri iyi ngingo, ubundi amubaza umugabo ahora asengera yifuza kuzabona. 

Anita Pendo yavuze ko ibyo kwifuza umugabo wateruye ibyuma, muremure, mwiza, muri make ufite igihagararo, ko ari bimwe by’abana bakiri bato bafite imyaka 20, we ibyo ntiyabigenderaho. 

Pendo yavuze ko yifuza umugabo umukunda, ushaka kubaka , ubasha kumwihanganira , uzi gukora(utari umunebwe) ndetse wemera Imana. 

Uyu Anita Pendo ubusanzwe ufite abana babiri yahoze afite umugabo w’umukinnyi ndetse wigize gukinira ikipe ya AS Kigali. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here