24 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomeImikinoUkuri ku makuru y’abafana 2 ‘abahuriga’ ba Rayon Sports bayiteye umugongo, bakerekeza...

Ukuri ku makuru y’abafana 2 ‘abahuriga’ ba Rayon Sports bayiteye umugongo, bakerekeza muri mukeba w’ibihe byose APR FC

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Werurwe 2024, hasakaye amakuru avuga ko abafana bakomeye muri Rayon Sports, bamaze gusezera muri iyi kipe berekeza i Shyorongi gufana APR FC. 

Aba bafana ni uwo bita, Sarpong na Nkunda Match ba Rayon Sports baba bayiteye umugongo, bakerekeza muri mukeba w’ibihe byose APR FC. 

Mu kiganiro Nkunda Match yagiranye na Isibo FM, we yahakanye aya makuru, avuga ko akiri umufana wa Rayon Sports kandi ko ntaho azajya ayisize. 

Naho Sarpong we yeruye atangaza ko yamaze gusezera ku bafana ba Rayon Sports. Ati “Njye nasezeye abafana ba Rayon Sports, ngiye kugenda mbe nitekerezaho, ubu nta kipe ndajyamo.” 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here