22.1 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomeImikino“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima!” Akigera muri APR FC Sarpongo...

“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima!” Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana. Amafoto

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Nyuma yo gutangaza ko yavuye muri Rayon Sports, Sarpongo, yagaragaje ko yahawe ikaze n’Ubuyobozi bwa APR FC nk’uko yabyemereye Umunyamakuru w’imikino wa Umunsi.com ducyesha iyi nkuru. 

Umufana wari uwa Rayon Sports ukomeye, Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yerekeje muri APR FC yakirwa n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira. 

Mu kiganiro yahaye kiriya gitangazamakuru, yasabye abafana ku mwakira muri iyi kipe yamaze kugeramo.

Yagize ati:”Niko kuri ndaje nguhe n’amafoto , ninako bimeze, njyewe namaze gufata ‘Decision’ [ Umwanzuro ] mu nyakire nk’umufana mugenzi wanyu muri APR kabisa, APR ku mutima”. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here