29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeIyobokamanaPolisi yapakiye ibyuma byo mu rusengero inambika amapingu Pasiteri wakusanyaga amaturo

Polisi yapakiye ibyuma byo mu rusengero inambika amapingu Pasiteri wakusanyaga amaturo

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu gihugu cya Kenya, umukozi w’Imana warimo ku bwiriza ari gukusanya inkunga yatawe muri yombi na Polisi nk’uko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano zashyize hanze amafoto abigaragaza. 

Mu gace ka Kinyenya hagaragaye icyiswe ruswa mu rusengero aho byavuzwe ko hari gukusanya inkunga mu bikorwa byarimo n’abamwe mu bayobozi basanzwe bari batumiwe.Iki gikorwa cyangijwe n’abo mu Ihuriro rya UPDA [United Democratic Alliance], riyoborwa n’uwitwa Mugirango. 

Iki gikorwa cya ruswa yatangirwaga mu Itorero ry’Imana rya Kisiri cyari kibaye ku nshuro ya Gatatu yikurikiranya nk’uko The Citizen ibitangaza. 

Umwe mu bagize iryo torero yagize ati:”Ntabwo twahabwa umugisha w’Imana niba tuza munzu yayo hakamo imvururu.Ntabwo twakumva ijambo ry’Imana”. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here