29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeImyidagaduroMinisitiri Utumatwishima yavuze uko Jojo Breezy na Titi Brown batumye ajya kuri...

Minisitiri Utumatwishima yavuze uko Jojo Breezy na Titi Brown batumye ajya kuri Tiktok

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambera ry’Ubuhanzi mu Rwanda Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimagije ababyinnyi babiri ; Jojo Breezy na Titi Brown avuga ko aribo batumye akunda urubuga rwa Tiktok akuruwe n’uburyo babyina bikarangira abaye umufana wabo. 

Mu butumwa Jojo Breezy yatambukije kuri uyu wa 04 Gicurasi 2024 anyuze kuri X, yagaragaje akanyamuneza nyuma yo guhura na Minisitiri Utumatwishima Abdallah aho bagaragaye baseka bigaragara ko bahuje urugwiro. 

Jojo yagize ati:”Inzozi zanjye zitangiye kuba impamo.Ijoro ryashize nahuye na Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi.” 

“N’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko  [Minister of State for Youth and Arts],bombi bishimiye ibikorwa turi gukora.Nishimiye guhura nabo.Nkunda u Rwanda”. 

Nyuma y’ubu butumwa Minisitiri Utamatwishima yasubije ubu butumwa agira ati:”Umva watumye nyoboka Tiktok.Ariko ngo wowe na Titi Brown; muri ababyinnyi ba mbere beza mu Rwanda! #Rwox baze babyemeze.”  

“Ubu kuri Tiktok ndi Follower wawe rwose.Niba ibyo mukora bibyara amafaranga mukomerezaho, turabashyigikiye cyane”. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here