22 C
Africa
Donderdag, Mei 14, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

RIP Niyonsenga! Umusore witwa Niyonsenga wari umaze amezi atatu ashatse umugore yatewe icyuma arapfa azizwa inkumi

Mu  Mudugudu wa Rushikiri, Akagari ka Murehe, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, mu ijoro ryo kuwa 16 Werurwe  2024 habereye urugomo rwaje no...

Umugore yasinziriye mu modoka itwara abagenzi akangutse arira nk’uruhinja akibona ibyo bakoreye umwana we

Icyemezo cy’umubyeyi cyo gusinzirira gato mu modoka itwara abagenzi mu gihugu cya Kenya,cyamubyariye akaga kuko yakangutse agasanga umwana we bamwibye.  Uyu mugore wari mu modoka...

Umukinnyi wakiniraga Dynamo BBC iherutse gusezererwa muri BAL kuko yanze kwambara ‘Visit Rwanda’, yamaze gusezera iyi kipe, ategerejwe i Kigali. Amafoto

Umukinnyi Israel Otobo wakiniraga ikipe ya Dynamo BBC yo mu Burundi iherutse gusezererwa muri BAL kubera kwanga kwambara umwambaro wa ‘Visit Rwanda’, wamaze gusezera...

Umusore yatumye benshi bacika Ururondogoro kubera amayeri yakoresheje ngo ashyingiranwe n’Umunyamerikakazi yakoye idolari rimwe

Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari rimwe.  Bwana...

Umugabo yafunzwe azira ibyo yakoreye umupangayi we w’umugore wari wambaye nka Adamu na Eva bari kurya itunda.

Umugabo wo mu gace ka Bulawayo gaherereye mu majyaruguru ya Zimbabwe yatawe muri yombi azira kuba yarashyize ku karubanda igits!na cye ubwo yarimo kurunguruka...

Umusore wateye ivi yakodesheje kajugujugu ubu ari mu marira menshi nyuma yuko ahemukiwe bikomeye n’umukobwa yaritereye

Hashize igihe ku mbuga nkoranyambaga hagiye hanze amafoto y’umusore wakoze ibitangaza ku munsi we wo gutera ivi, akodesha kajugujugu kugira ngo aze guha igikomangomakazi...

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje urutonde rw’abantu bagize uruhare mu bujura bw’amatike ku mukino yakiriyemo APR FC . Amafoto

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje urutonde rw’abantu bagize uruhare mu bujura bw’amatike ku mukino iyi kipe yakiriyemo APR FC.  Yatangaje ko aba bantu batawe muri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img