26.4 C
Africa
Woensdag, Mei 13, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Ingabo za MONUSCO zasabwe gukorera ikintu gikomeye abana zabyaranye n’Abanye-Congo, mbere y’uko zivanwa muri RDC.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, zasabwe gutanga indishyi ku bana babyaranye n’Abanye-Congo...

Perezida Tshisekedi na Ndayishimiye bahishuriwe ikintu gikomeye bakwigira ku ntwari ya Afurika Paul Kagame, abatamwiyumvamo nabo bagenerwa ubutumwa bukomeye

Guverinoma y’u Rwanda yageneye ubutumwa abanyekongo batiyumvamo perezida Paul Kagame, aho umuvugizi wayo, Yolande Makolo, yagaragaje ko abayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Bahinduye Amayeri y’Urugamba? Nyuma y’Inama rukokoma yahuje abakuru b’ingabo ziri kurwana na M23, hagabwe ibitero simusiga muri Masisi

Nyuma y’uko habaye Inama rukokoma yahuje abagaba bakuru b’ingabo z’ibuhugu byohereje abasirikare babyo muri RDC kurwanya M23, kuri uyu munsi haramukiye ibitero bya FARDC...

Burundi: Bacunze abasirikare b’u Burundi basinziriye mu birindiro byabo babakanguza urufaya rw’amasasu y’imbunda ziremereye

Imirwano ikaze cyane yongeye kubura mu ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’u Burundi, nyuma y’ibitero simusiga byagabwe sa yine z’ijoro ryo ku wa Gatandatu...

Goma: Hateguwe imyigaragambyo karundura itandukanye n’iyari isanzwe ikorerwa muri Kivu y’amajyaruguru.

Mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hongeye gutegurwa imyigaragambyo igamije gusaba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuvanaho imisoro iyo ari...

Urukiko rwakatiye Colonel wa FARDC ushinjwa gushyingura abantu ari bazima mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahabwa igihano kitajya gishyirwa mu bikorwa muri RDC

Urukiko rwa gisirikare rwo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku usanzwe ari umwe mu basirikare bakomeye cyane mu gisirikare...

Hamenyekanye umutwe w’abacancuro karahabutaka bagiye gusimbura MONUSCO mu rugamba ruhanganishije M23 na FARDC n’abambari bayo

Biravugwa ko Umutwe w’abacanshuro wa Blackwater washinzwe n’umunyamerika Erik Dean Prince wahoze mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika waba uri kwitegura kuza...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img