32.1 C
Africa
Woensdag, Mei 13, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Igisasu cyatezwe n’igisirikare cya FARDC n’abambari bayo cyaturikanye abantu bane barimo n’umusirikare wa SADC

Abantu bane, barimo umusirikare wo mu ngabo za SADC ukomoka mu gihugu cya Tanzania, bakomerekejwe n’ibisasu bibiri byatewe kuri uyu wa kane mu mujyi...

Igisirikare cy’u Rwanda cyaburiye Perezida Tshisekedi wa RDC na Ndayishimiye w’u Burundi bahora bigamba kurushozaho intambara

Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Lt Col Simon Kabera, yaburiye Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ku mugaragaro MONUSCO yahuje imbaraga n’umutwe w’iterabwoba FDLR inawuha ubufasha bukomeye cyane

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ryatanze intabaza mu kanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Abibumbye, rigasaba kwamagana ubutumwa bw’uriya muryango bwo kugarura amahoro muri RDC...

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC

Radio La voix du Grand Lacs yatangaje ko Guverinoma y’u Burundi iri gutegura umugambi muremure wo gufata urubyiruko rwibumbiye mu mbonerakure rugahabwa amafaranga maze rugafasha...

Bidasubirwaho, Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yamaze gutsindwa intambara iri kubera mu burasirazuba bwa RDC?

Bidasubirwaho, Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yananiwe kurangiza intambara ibera mu burasirazuba bw’igihugu cye, ndetse no kuyitsinda bikaba biri kure nk’u...

Hamenyekanye andi mayeri agiye kugeragezwa n’ingabo za SADC mu kurwanya M23 yazengereje ihuriro ry’ingabo n’abacancuro barwanirira FARDC. Amafoto

Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa SADC yatangaje ko Ingabo zayo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gutoza Igisirikare cya FARDC, aho zitozwa kurasisha imbunda...

Perezida Félix Tshisekedi wa Republika Iharanira Demokarasi ya Congo yaririmbye u Rwanda.

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 27 Gashyantare 2024, Perezida Félix Tshisekedi yongeye guhura na João Lourenço wa Angola baganira ku mutekano...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img