29.5 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Hamenyekanye igihano cyahawe Lt Col Aaron Ndayishimiye, wayoboye igitero cyagabwe kuri M23 akaza gupfusha abasirikare benshi abandi bagafatwa mpiri

Bravugwa ko Lt Col Aaron Ndayishimiye wayoboye igitero cyagabwe kuri M23 kikaza kugwamo abasirikare benshi, abandi benshi bagafatirwa ku rugamba mu ntara ya Kivu...

M23 yahaye isomo SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, zihunga amasigamana izuba rizimena agahanga

Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Gashyantare 2024, Ihuriro ry’ingabo zirwana kuruhande rwa Guverinema ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirutse amasigamana zihunga abarwanyi...

FARDC n’abambari bayo bahinze umushyitsi nyuma yuko Indege ebyiri za gisirikare zirasiwe mu mujyi wa Goma.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Ku kibuga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu...

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhurira n’uruva gusenya muri RDC nyuma y’igihe gito Perezida Ndayishimiye avuyeyo

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba avuga ko M23 yarwaniriye abasivile yambura ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibirimo...

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo yatangaje ko atumva impamvu ingabo z’igihugu cye ziri gupfira muri Congo anavuga ko impamvu M23 irwanira zumvikana

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Thabo Mbeki, ntiyumva impamvu ingabo z’i gihugu cye ziri gupfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho zagiye...

U Rwanda rwasabye LONI kureka guha Ubufasha FDLR n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC runavuga icyo rugiye gukora.

U Rwanda rwagaragarije Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano impungenge rutewe n’ubufatanye bw’Ingabo zihanganye na M23 harimo iza Afurika y’Amajyepfo, SADC, n’imitwe yitwaje intwaro irimo...

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yakije umuriro nyuma yo gutangaza ko abasirikare benshi b’iki gihugu bazapfira muri RDC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’umuyobozi w’ishyaka EFF rihirimbanira ukwishyira ukizana mu bukungu, Julius Malema, ntibahuza imvugo ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe ku rugamba...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img