29.4 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Mackenzie

spot_img

Hatangajwe amakuru mashya ku basirikare ba M23 ‘Bafashwe mpiri’ n’ingabo za FARDC

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 20/01/2024, bwerekanye abasirikare...

Habaye Imyigaragambyo karundura yamagana irahira rya Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC muri manda ya kabiri. Amafoto

Haravugwa imyigaragambyo karandura yamagana irahara rya perezida Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri manda ya kabiri.  Kugeza ubu imyigaragambyo iracyarimo kuvugwa...

Hashyizweho amabwiriza mashya agenga abaturage bose baturiye ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23, bashyize hanze itangazo rimenyesha abaturage bose amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa n’inngabo za wo.  Mu itangazo rigufi bashyize hanze kuri...

Benshi ntabwo babyizeye! Ibyo Tshisekedi yijeje abaturage ubwo yarahiriraga kuyobora RDC hatarimo hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Nyuma yo kurahirira kuyobora Congo hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23, mu ijambo rye,Tshisekedi yagarutse ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba...

Félix Tshisekedi Tshilombo yarahiriye kuyobora RDC hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23. Amafoto

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri akesha amatora yabaye tariki ya 20...

Reba Ibimenyetso umunani bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha

Burya hari ibimenyetso byakwereka ko umaze igihe gito wanduye agakoko gatera SIDA bikaba ari ibimenyetso byo kwitondera kuko bishobora guhurirwaho n’izindi ndwara  Abashakashatsi bemeza ko...

Izindi ndege zageze i Goma! Hamenyekanye amakuru mashya y’ibiri kuba mu bitero bya SADC ifatanyije FARDC n’izindi nyeshyamba n’Abacancuro biri kugabwa kuri M23

Ibitero by’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba, abacancuro hamwe na SADEC mu bice  bya Masisi bikomeje...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img