Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 20/01/2024, bwerekanye abasirikare...
Nyuma yo kurahirira kuyobora Congo hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23, mu ijambo rye,Tshisekedi yagarutse ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri akesha amatora yabaye tariki ya 20...
Ibitero by’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba, abacancuro hamwe na SADEC mu bice bya Masisi bikomeje...