Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...
Habaye akavuyo gakomeye mu buruhukiro bw’imirambo bwa City Mortuary i Nairobi nyuma y’uko itsinda ry’urubyiruko rwinjiye ku gahato risaba guhabwa umurambo wa Nicholas Kyalo,...
Urukiko Rukuru rwa Kenya rukorera i Milimani mu mujyi wa Nairobi rwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ishyirwa mu bikorwa rya sisitemu itanga amande z’ibinyabiziga...
Minisitiri w’Imikino n’Imyidagaduro wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yatangaje ko abona nta wundi muntu ushobora gusimbura Perezida Félix Tshisekedi ku buyobozi...
Iran ishobora kuba iri hafi gutangaza umuyobozi mushya w’ikirenga, mu gihe amakuru ava mu bayobozi b’idini n’abasesenguzi mu bya politiki akomeje kuvuga ko izina...