Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yemeye icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, avuga ko yanywaga urumogi ari mu Butaliyani mu gihe gikabakaba imyaka ibiri...
Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize ahawe ubutumwa bwo kuba ‘Umwepiskopi’, mu nshingano yatangiriye muri Diyosezi ya Kibungo.
Tariki 7...
Mu gihe mu Rwanda bikigoranye ko ihuriro ry’abahanzi ryahabwa imbaraga ku buryo bafatanya guteza imbere uruganda rw’umuziki, mu bindi bihugu bakomeje kubibona nk’inzira yatuma...
Umujyi wa Kigali wasubitse siporo rusange ya ’Car Free Day’ yari iteganyijwe kuba ku Cyumweru, tariki ya 7 Gicurasi 2023, mu kuzirikana abibasiwe n’ibiza...
Ubwami bw’u Bwongereza bwabonye Umwami mushya, Charles III, wimitswe hamwe n’Umugore we Camilla nawe wambitswe ikamba ry’Ubwamikazi mu muhango wabereye mu Ngoro ya Westminster...
Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Guinée, agaragaza ko ubufatanye bw’ibihugu byombi ari ingenzi kuko nta gihugu cyabasha kwigeza ku iterambere...
Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinée Conakry, yatangaje ko ibihugu bya Afurika byose bifite ibibazo byihariye ariko ko habayeho ubufatanye nta na...