39.6 C
Africa
Sondag, Maart 22, 2026

Amakuru

spot_imgspot_img

Abaturage bo mu Mujyi wa Uvira baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba ko AFC/M23 idasiga umujyi wabo

  Abaturage bo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza, baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba...

Nduhungirehe ashinja ibihugu by’Iburengerazuba guhuma amaso ku bitero bya FARDC muri Minembwe

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye imyitwarire y’ibihugu bimwe by’Iburengerazuba, abishinja guceceka no kwirengagiza ku bushotoranyi n’ibitero byo mu kirere bikomeje...

Ndayishimiye araburira Afurika: Ibihugu byari bihamye biri mu bibazo bikomeye bitewe n’akababaro k’Urubyiruko rw’aba-Gen Z

  Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko ikibazo cy’imyigaragambyo n’imvururu bigaragara mu bihugu bimwe na bimwe bya Afurika kitakagombye gufatwa nk’ingaruka zisanzwe z’icyifuzo cy’impinduka...

Kenya: Umusore yasambanyije nyirakuru we w’ imyaka 72 y’ amavuko bamaze gusangira inzoga

  Abaturage bo mu mudugudu wa Kegwa, mu Ntara ya Kirinyaga, bari mu gahinda no mu gushidikanya nyuma y’uko umukecuru w’imyaka 72, Margaret Wanduma Maina,...

Minembwe abaturage bongeye kugira ikikango  nyuma yo kugabwaho ibitero bya Drone n’ ingabo za RDC zifatanyije n’igisirikare cy’u Burundi

  Mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, abaturage bakomeje kugira ubwoba nyuma y’ibitero bya drone byagabwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi...

Imbere y’Inama y’Umutekano ya Loni, MSF yamaganye ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifatwa nk’ibisanzwe mu Burasirazuba bwa RDC

Imbere y’Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, Umuryango wita ku buvuzi bwihutirwa, Médecins Sans Frontières (MSF), wagaragaje...

Tshisekedi: “Nasanze FARDC ari igisirikare cyasenyutse, gifite abasirikare babayeho nabi”Aya magambo yongeye gukurura impaka

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, akomeje gutera impaka mu baturage n’abasesenguzi, nyuma yo gutangaza ko ubwo yafataga ubutegetsi yasanze...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img