18.5 C
Africa
Vrydag, Desember 19, 2025

Amakuru

spot_imgspot_img

Breaking news: Tity Brown yafunguwe

Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’ubushinjacyaha nta shingiro gifite. Rwemeje ko Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Tity Brown ari umwere ku cyaha cyo gusambanya M.J. Rwemeje...

Wenssens umunyezamu uzanye impinduka mu ikipe y’igihugu Amavubi

Umunyezamu Wenssens  ni umwe muri batatu bazongerwa muri 30 batangiye imyitozo tariki 4 Ugushyingo, aho Amavubi yitegura imikino ibiri irimo uwa Zimbabwe na Afurika...

Hari gukusanwa asaga miliyoni 6 yo gushyingura Eric Gori umwaze imyaka iatanu u buruhukiro bw’ibitaro

  Umunyarwenya Eric Omondi yatangiye igikorwa kigamije gukusanya inkungu yo gufasha umuryango w’umugabo witwa Eric Gori, umaze imyaka itanu mu buruhukiro bw’ibitaro atarashyingurwa.  Uyu mugabo witabye...

Abanyamakuru bo mu Rwanda batangaje imbogamizi bahuranazo

Ubwo hizihizwaga umunsi Nyafurika w’Itangazamakuru ku wa 07 Ugushyingo, hari bamwe mu banyamakuru batangaje ko bagifite imbogamizi z’amikoro nkaho usanga bamwe bakorera umushahara muke...

U Rwanda rugiye gusimbuza abapolisi rwohereje mu butumwa bw’amahoro

Guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Ugushyingo, u Rwanda ruratangira gusimbuza abapolisi rwohereje mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika...

Passport y’u Rwanda kurubu ntigifite agaciro kubantu bayifashe 2019

Guverinoma y’uRwanda yashyizeho uburyo bushya bufasha abantu kujya mu bihugu bitandukanye, ibyo bizajya bibafasha kuba batagira ibibazo mu ngendo zabo. Ku itariki ya 28 ukwakira...

Abavandimwe bafatanyije kwica umubyeyi wabo

Abasore bababiri bavukana bafungiwe bakurikiranyweho kwica nyina ubabyara witwa Nyirangaruye Daphrose w’imyaka 47 bamunize. Ndikumana Joel w’imyaka 23 na Niyoyandinze Eric w’imyaka 18, bafungiye kuri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img