Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’ubushinjacyaha nta shingiro
gifite. Rwemeje ko Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Tity Brown ari umwere ku cyaha cyo
gusambanya M.J.
Rwemeje...
Ubwo hizihizwaga umunsi Nyafurika w’Itangazamakuru ku wa 07 Ugushyingo, hari bamwe mu banyamakuru batangaje ko bagifite imbogamizi z’amikoro nkaho usanga bamwe bakorera umushahara muke...
Guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Ugushyingo, u Rwanda ruratangira gusimbuza abapolisi rwohereje mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika...
Guverinoma y’uRwanda yashyizeho uburyo bushya bufasha abantu kujya mu bihugu bitandukanye, ibyo bizajya bibafasha kuba batagira ibibazo mu ngendo zabo.
Ku itariki ya 28 ukwakira...