36 C
Africa
Sondag, Desember 21, 2025

Amakuru

spot_imgspot_img

The Ben yakuye urujijo kubibaza igihe azakorera ubukwe

Mu gihe kirekire abanyarwanda bategereje ubukwe bwa The Ben na Uwicyeza Pamela kururbu aba bombi bakuyeho urujijo ku bakunzi babo maze batangaza igihe naho...

Dr Kanimba arashimira abamufashije kwivuza

Dr Kanimba Vincent,yamenyekanye nk’umuganga  w’indwara z’abagore ‘gynecologist’, yanamenyekanye cyane mu Rwanda mu mavuriro atandukanye, aho yabyaje umubare munini cyane w’ababyeyi. Yakoreye mu Bitaro byitiriwe...

Miss Mutesi Jolie yibasiwe n’umunyakuru nyuma yisomwa ry’urubanza rwa Prince Kid

Jean Paul Nkundineza yabaye umunyamakuru ku binyamakuru bitandukanye mu Rwanda nka Radio Ubuntu Butangaje, Voice of Africa ndetse yanandikiraga Umuseke. umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yamaze...

Bitunguranye Prince Kid yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Urukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa...

Amerika yaburiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kurasa ku mutwe wa M23.

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana...

Dore Amashusho yatunguranye ashinja Titi Brown nk’ikimenyetso gishya yateje impaka ndende mu rukiko

Kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Ukwakira 2023, mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nibwo hasubukuwe urubanza umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown ushinjwa...

Rusizi: Gitifu afungiye gukubita no gukomeretsa usanzwe ari inkeragutabara Cpl (rtd) Ngendahayo barwaniye mu biro

Umuturage usanzwe ari inkeragutabara Cpl( rtd) Ngendahayo Adrien arembeye bikomeye mu bitaro bya Mibilizi mu karere ka Rusizi, bigakekwa ko yakubiswe akanakomeretswa na Gitifu...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img