38.2 C
Africa
Vrydag, Februarie 6, 2026

Amakuru

spot_imgspot_img

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ubu yamaze kugezwa muri RIB nyuma yo gusebya Miss Mutesi Jolly

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza nyuma yo gukora ubusesenguzi ku cyemezo cy’urukiko rukuru kuri Prince Kid, akumvikana yikoma Miss Jolly ndetse n’uwo nyampinga akavuga ko...

Umwe mu bagore umunani ntarangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Ubushakashatsi bushya bwakorewe mu Bubiligi, bwagaragaje ko umugore umwe mu bagore umunani atagera ku byishimo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ni ikibazo cyugarije abagore benshi ku...

Felix Tshisekedi murugamba rwo gufata uRwanda

Mu Ukuboza 2022, Perezida wa Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi yabwiye urubyiruko rwo mu gihugu cye ko agiye gukora ibishoboka byose...

Leta yanze guhangana n’umuturage maze yubaka umuhanda hejuru y’inzu ye

Uyu muturage utajya uva ku izima, yanze kuva mu nzu ye kugeza naho leta ifata umwanzuro wo kumwubakiraho kuko ntakundi byari kugenda. Uyu muturage wamenyekanye...

Ese Miss Mutesi Jolly ni umugambanyi cyangwa ni umuvugizi w’abana b’abakobwa

Nyuma yo gusoma urubanza rwa Prince Kid wari uhagarariye irushanywa rya Miss Rwanda aho yakatiwe imyaka itanu .Iki gifungo kikaba kitarumvikanyweho na benshi aho...

The Ben yakuye urujijo kubibaza igihe azakorera ubukwe

Mu gihe kirekire abanyarwanda bategereje ubukwe bwa The Ben na Uwicyeza Pamela kururbu aba bombi bakuyeho urujijo ku bakunzi babo maze batangaza igihe naho...

Dr Kanimba arashimira abamufashije kwivuza

Dr Kanimba Vincent,yamenyekanye nk’umuganga  w’indwara z’abagore ‘gynecologist’, yanamenyekanye cyane mu Rwanda mu mavuriro atandukanye, aho yabyaje umubare munini cyane w’ababyeyi. Yakoreye mu Bitaro byitiriwe...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img