Jean Paul Nkundineza yabaye umunyamakuru ku binyamakuru bitandukanye mu Rwanda nka Radio Ubuntu Butangaje, Voice of Africa ndetse yanandikiraga Umuseke.
umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yamaze...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Ukwakira 2023, mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nibwo hasubukuwe urubanza umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown ushinjwa...
Umuturage usanzwe ari inkeragutabara Cpl( rtd) Ngendahayo Adrien arembeye bikomeye mu bitaro bya Mibilizi mu karere ka Rusizi, bigakekwa ko yakubiswe akanakomeretswa na Gitifu...
Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports akaba na kapiteni wayo, Rwatubyaye Abdul, yamenyesheje ubuyobozi ko ashaka gutandukana n’iyi kipe mu kwezi kwa mbere.
Uyu ni umwaka...