18.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025

Amakuru

spot_imgspot_img

Bo bafite iki kibemerera kuhaba? – Perezida Kagame yanenze abatega iminsi umubano wa Afurika n’u Burusiya

Perezida Paul Kagame yanenze imyifatire y’ibihugu by’i Burayi na Amerika iyo bigeze ku mubano wa Afurika n’u Bushinwa cyangwa u Burusiya, avuga ko nta...

Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi

Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi nyuma y’uko Perezida Felix Tshisekedi yeruye ko nta biganiro Guverinoma ye iteze kugirana na wo. Tshisekedi...

Baba kobwa babiri Bigize ababikira ngo boroherwe no gucuruza ibiyobyabwenge

Polisi yo mu birwa bya Caraïbes yatahuye abagore batatu bari bigize ababikira bagira ngo babashe gutwara ibiyobyabwenge bita cocaine mu myambaro nk’iy’ababikira ntawe ubatahuye...

Umugabo w’Umuhinde yashyize ingufuri ku gitsina cy’umugore we ngo atazamuca inyuma

Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa umugabo witwa Sohanial Chouhan w’imyaka 38, watahuweho kuba yarashyize intoboro ku gitsina cy’umugore we, ngo ajye abona aho ashyira ingufuri...

Arwaye indwara ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 100 ku munsi

Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga w’ubuforomokazi muri Leta ya New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arwaye indwara yitwa (Persistent Genital Arousal Disorder)...

Minisitiri w’Intebe wa Zimbabwe yasezeranye n’umukunzi we yirengagije umwanzuro w’urukiko

Minisitiri w’Intebe wa Zimbabwe, Morgan Tsivangirai, yaserezanye kuzabana akaramata n’umukunzi we imbere y’amategeko gakondo yemera gushaka abagore barenze umwe. Ibi yabikoze nyuma y’uko urukiko...

Yezu ashobora kuba yari afite umugore

Umushakashatsi witwa Karen King wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko hagaragaye inyandiko yanditswe mu kinyejana cya kane igaragaza ko Yezu ashobora...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img