Sosiyete Eli Lilly yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko icyizere ku bushakashatsi bwari bumaze iminsi bukorerwa ku muti wayo wa Donanemab...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko nyuma ya COVID-19 ibibazo byo mu mutwe mu Banyarwanda byiyongereye cyane kubera ingaruka iki cyorezo cyagize ku baturage...