40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Amakuru

spot_imgspot_img

Imvura idasanzwe yafunze umuhanda munini wa Masaka

Imvura idasanzwe yangije umuhanda mu nini wa Masaka . Iyi mvura ikaba yatangiye kugwa isaa kumi n’ebyiri za mugitondo ,iyi mvura kandi ikaba yatumye...

Meya yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gutwikirwa inzu ye

Meya wa Saint Brevin Les Pins , muri komine ya Loire Atlantique wari ushinzwe poroje yo gutegura impunzi  zihungira , kutariki ya 10 yanditse...

Umukinnyi w’Umunyarwanda urusha bagenzi be impano yateye intambwe yo gusinyira APR FC nyuma y’igihe gito yumvikanye na Rayon Sports

Nyuma y’igihe gito bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi witwa Iradukunda Simeon ukinira Gorilla FC byahise bizamo kidobya kuko APR FC...

Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahinze Umushyitsi kubera Urupfu rwa Irutingabo Derrick?

Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za...

Turahirwa Moses atunguye Abanyarwanda benshi kubera ibyo akoze akigera mu rukiko bwa mbere

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yemeye icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, avuga ko yanywaga urumogi ari mu Butaliyani mu gihe gikabakaba imyaka ibiri...

Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda yizihije isabukuru y’Imyaka  10 ahawe inkoni y’Ubushumba

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize ahawe ubutumwa bwo kuba ‘Umwepiskopi’, mu nshingano yatangiriye muri Diyosezi ya Kibungo. Tariki 7...

Eddy Kenzo yagizwe umuyobozi w’ihuriro ry’abahanzi muri Uganda

Mu gihe mu Rwanda bikigoranye ko ihuriro ry’abahanzi ryahabwa imbaraga ku buryo bafatanya guteza imbere uruganda rw’umuziki, mu bindi bihugu bakomeje kubibona nk’inzira yatuma...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img