33.2 C
Africa
Donderdag, Desember 18, 2025

Amakuru

spot_imgspot_img

Suella Braverman yatangaje ko nta basaba ubuhungiro bazoherezwa mu Rwanda

Suella Braverman, wahoze ari Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu w'Ubwongereza, yavuze ko gahunda yo muri iki gihe ya Minisitiri w'intebe isobanuye ko nta basaba ubuhungiro bazashobora...

Umugabo yishwe n’intongo y’akabenzi

Umugabo wo mu Murenge wa Byimana, AKagari ka Mpanda mu Karere ka Ruhango yagiye kugura inyama, ayiriye iramuniga,birangira yitabye Imana. Uyu mugabo ngo mu masaha...

Nyiramazu yishe abakodeshaga iwe Ngo nuko batishyuye

Nyir’inzu yateye icyuma umukunzi we na babiri mu bakodeshaga inzu ze abasanze mu rugo rwabo i Queens, muri New York, maze ahita yishyikiriza polisi...

Ese Imodoka Miss Shanita yahembwe izataha cyangwa ahebere urwaje

Biragaragara ko amarushanwa y’ubwiza arimo ibishuko byinshi kuburyo abakorwa bakagombye kwirinda guhura n’ingaruka zitandukanye .Nyuma y’uko irushanwa ry’ubwiza ryo mu Rwanda rigaragayemo ibikorwa bitesha...

Miss Mulenge 2023: Nyandamira Aline yegukanye ikamba ahembwa ibihumbi 300 Frw no kwishyurirwa amashuri kugeza aminuje -Amafoto

Nyandamira Aline wari uhagaragariye agace ka Mizinda yegukanye ikamba rya Miss Mulenge ahigitse bagenzi be bageranye mu cyiciro cya nyuma. Ni mu gikorwa cyabaye...

Umunyeshuri w’imyaka 22 yishwe n’umukunzi we nyuma yo gusanga aba bombi bafitanye isano

Umunyeshuri w’imyaka 22, w’uburanga witwa Lucy Boke yishwe n’uwahoze ari umukunzi we amusanze muri kaminuza ya Kisii Polytechnic, aho uyu nyakwigendera yigaga. Ibi byabaye...

Bertrand Bisimwa yagize icyo yizeza abatutsi bari gukorerwa iyicarubozo muri Congo

Ibikorwa byo kwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, bikomeje gukaza umurego mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bongeye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img