APR FC yatangiye ibiganiro na Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah unayoboye abandi mu gutsinda ibitego byinshi muri Shampiyona.
Mu gihe Shampiyona iri kugana ku...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic state wasohoye inyandiko ivuga ngo ’Bice Bose’ iherekejwe n’urutonde rw’ibibuga by’umupira w’amaguru byose bizakinirwaho 1/4 cya UEFA Champions League uzagabaho ibitero....
Ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’u Bwongereza ntizongera gutekereza kuri Xabi Alonso nyuma y’uko yiyemeje kuguma mu ikipe arimo ubu ya Bayer Leverkusen...
Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe y’igihugu,Amavubi na Rayon Sports yavuze ko umutoza Frank Spittler agira igitsure cyinshi kandi kibafasha kubona intsinzi.
Nyuma yo gutsinda...
Umuyobozi wa APR FC, Col Richard Karasira, yatangaje ko abagereranya Ikipe y’Ingabo z’Igihugu na Rayon Sports nk’abakeba, bibeshya cyane kuko aya makipe yombi ntaho...
Stade Amahoro iri kugana ku musozo wo kuvugururwa, izaba ibifite ubushobozi bwo kwakira ikoranabuhanga ryifashishwa mu mikino rizwi nka VAR (Video Assistant Referee).
Iri koranabuhanga...