26.9 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Imikino

spot_imgspot_img

Jürgen Kloop yemeje amakuru yo gusezera kuri  Liverpool F.C.  uyu mwaka  wa  2024

Jürgen Kloop umugabo w’umunyabigwi mu mupira w’Amaguru dore ko yatoje amakipe atandukanye; kuri ubu yatangaje ko yafashe umwanzuro wo gusezera kuri Liverpool F.C. yari...

APR FC yatsinze JKU SC yo muri Zanzibar 3-1 ihita igera muri 1/4 cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup.

Wari umukino wa kabiri w’itsinda B mu gikombe cya Mapinduzi kirimo kubera muri Zanzibar. Nyuma yo gutsindwa na Singida Fountain Gate mu mukino wa...

Leta ya Uganda yakomye mu nkokora abadepite bayo boherejwe i Kigali bari bafite uyu mugambi washoboraga gusebya i gihugu cyabo mu maso y’Abanyarwanda.

Uganda yasabye abadepite bayo yohereje kwitabira imikino ihuza abagize inteko ishinga amategeko y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba i Kigali, kudacumbika mu macumbi aciriritse kuko byagaragara...

Rutahizamu wakiniye Manchester United yo mu Bwongereza yemeye gukinira ikipe y’igihugu Amavubi

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye kuzana ba rutahizamu bashya barimo uwari muri Manchester United yo mu Bwongereza. Ntagihindutse Noam Emeran Nkusi ukinira Groningen FC mu...

Amavubi atsinze afrika y’epfo abanyarwanda bashira umwuma bamaranye igihe

Ni umukino watangiye nyuma y’imvura nyinshi yari imaze kugwa mu karere ka Huye, byanatumaga umupira utabasha gutembera neza kubera imvura amazi yari ari mu...

Nyuma y’imyaka 8 itabikora muri Premier League Arsenal yakoze akandi gashya

Bitunguranye Ikipe ya Arsenal Fc yakoze iyo bwabaga itsinda Manchester City mu mikino yo ku munsi wa 8 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu...

Kami Kabange yatangaje byinshi yakuye mu mukino wa Basketball

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 23 Kami Kabange yatangaje ko asezeye gukina Basketball nk’uwabigize umwuga nyuma y’imyaka 23. Mu mukino w’intoranywa wo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img