Umuhanzikazi Pretty Banks yatangaje ko akomeje guhura n’imbogamizi zikomeye mu gushaka abantu bamufasha mu muziki we , aho benshi mu bamwegereye bamwijeje ubufatanye bwiza...
Umuhanzikazi w’icyamamare , Shensea, ukunzwe cyane mu njyana ya Dancehall, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ya mbere mu gitaramo kizabera muri BK Arena...
Umulisa Ange, uzwi nka DJ Zebra, umukobwa w’Umunyarwandakazi uri kuzamuka mu mwuga wo kuvanga umuziki, yishimiye igihembo cya Best Zikomo Emerging Talent mu birori...
Mu gihe abantu benshi bavuga ko gukorana n’abahanzi bakuru mu muziki biba bigoye, hari ibihabanye n’iyo myumvire. Delivad Julio umwe mu bahanzi bakomeye bo...