29.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026
HomeImyidagaduroIsrael Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

Israel Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

 

Umuhanzi ppw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko afite inzozi zikomeye zo gukorera ibitaramo mu gihugu cye cy’amavuko, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu mujyi wa Goma, ugenzurwa n’umutwe wa AFC/M23.

Mu kiganiro na MIE EMPIRE, Mbonyi yavuze ko kuba atarigeze akorera ibitaramo mu gihugu cye atari ikibazo cye bwite, ahubwo biterwa n’uko atarigeze abona uburyo bwo kubishyira mu bikorwa. Yagize ati:”Negereje ko bikoma gato… nta natekereje kabiri nzahita nambuka.”

Israel Mbonyi kandi yahishuye ko mu bice yifuza gukoreramo ibi bitaramo harimo Goma, umujyi ugenzurwa na AFC/M23 guhera muri Mutarama uyu mwaka, Bukavu, ndetse na Minembwe.

Uyu muhanzi yavuze ko ari umukunzi ukomeye w’Abarwanyi b’impunduramatwara ba AFC/M23, aho yavuze ko ajya abasengera mu rugendo barimo rwo kubohora ubwoko bw’Imana.

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here